News

Perezida Paul Kagame yari yongeye kugira Dr Ngirente Edouard, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, muri Guverinoma nshya ya ...
Mu Irushanwa rya Billie Jean King Cup 2025, Umutoza w’Ikipe y’Igihugu, Rutikanga Sylvain, yitabaje abakinnyi bane yifashishije mu 2024 ubwo u Rwanda rwabaga urwa gatanu. Barimo Lia Mosimann Kaishiki ...
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe woherejwe na Perezida Kagame nk’Intumwa ...
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 16 Nyakanga 2025, Inama y'Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa ...
Impuguke zitabiriye inama mpuzamahanga kuri SIDA zagaragaje ko Leta z’ibihugu n’imiryango ya sosiyete sivile, bakwiye gushyira hamwe mu gushaka ubushobozi mu by'imari bitewe n’uko inkunga z'amahanga ...
Umunyarwenya Herbert Mendo Ssegujja wamamaye nka Teacher Mpamire yasekeje Abanya-Kigali bari bitabiriye igitaramo cy’urwenya cya Gen Z Comedy Show. Iki gitaramo cyabaye mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko mugenzi we wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yazanye umwihariko mu bagerageje gushakira umuti ibibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa ...
Abanyeshuri basaga ibihumbi 220 bashoje amashuri abanza batangiye ibizamini bya leta bisoza umwaka w’amashuri 2024/2025, aba bakaba barimo abakobwa 120,635 ndetse n’abahungu 100,205. Muri aba ...
U Rwanda rwitabiriye Imurikagurisha Mpuzamahanga ry'Ubukungu n'Ubucuruzi rihuza Afurika n'u Bushinwa, riri kubera mu Mujyi wa Shangsha [Shangsha International Exhibition Center], mu Ntara ya Hunan.
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu by'umwihariko abo mu bice by’icyaro beretse Abasenateri ko bigoye kubona ibicanwa bitangiza ibidukikije kuko ubushobozi bwabo butabemerera kubyigondera. Aba ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...
Bamwe mu barokokeye i Nyanza ya Kicukiro mu Mujyi wa Kigali bagaragaza uruhare rutaziguye rw'u Bubiligi muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kuko ingabo zabwo zafashe iya mbere zigatererana abahigwaga ...